samedi 14 mars 2009

umuhanzi Fulgence

Fulgence nyuma yo kubura ku ruhando rwa music nyarwanda igihe kitari gito noneho yaba agarutse ese agarukanye iki:

Nyuma yuko uwo mugabo yibikaho umugore ndetse bagiye bakorana indirimbo aho agie mu bitaramo mu mwaka wa 2008 ntamusige. ubu bakaba bafitanye n'umwana we wa kabiriri nkuko amategeko abimwemerera yaba yagarutse muri music dore ko amaze gukora indirimbo nziza cyane zizongera kwibutsa abantu bamukundaga ko ntaho yagiye izo ndirimbo ni nk'Umurage ijya gusa neza nka Unsange nindi ya 2 yitwa mbyeyi, sibyo gusa kandi kuko yatwerekaga indirimbo nshya arimo gukorera equipe ya ATRACO FC bityo akadutangariza ko aje ndetse atifuza kongera guhagarara cyane cyane ko avuga ko impano yiherewe na rureema ikimurema akwiye kuyibyaza umusaruro, twamubajije kucyo yavuga dore ko atarigeera amurika album kandi afite indirimbo nyinshi we yivugira ko ari mirongo ine n'eshanu, yadusubije ko nabyo mubimuzanye nabyo birimo ariko ko agifite ikibazo cyo gushaka Manager bagafatanya bicyo music igatera imbere
ubu uwumva yamubera Manager yihutire kugirana amasezerano nawe kugira ngo bazamukane

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire